RIB yerekanye abantu 39 muri 81 yafashe barimo abayobozi mu nzego z’ibanze, abashinzwe uburezi mu rwego rw’Akarere, n’urw’Umurenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abarimu bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukopeza abanyeshuri ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza.
Month: September 2026
Kigali: Abitabiriye igitaramo cya Rema bambaye bidasanzwe
Nyuma y’amabwiriza yashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa BK Arena ndetse n’inkundura y’imyambarire yari imaze iminsi ku […]
MUSANZE: Abana 22 b’ingagi bahawe amazina
Mu Karere ka Musanze mu Kinigi, habereye umuhango wo Kwita Izina abana 22 b’ingagi mu […]
Shaddyboo yatashye nyuma y’amezi abiri yari amaze muri rehab
Shaddyboo yamaze gutaha nyuma y’amezi abiri yari amaze muri Isange Rehabilitation Centre i Huye, aho […]
Miss Tessy yambitswe impeta
Kayitesi Pacifique wamamaye muri Cinema Nyarwanda nka Tessy yambitswe impeta n’umukunzi we Hubert bari bamaranye […]
Abantu bacitse ururondogoro kubera abageni bateze moto
Abanyarwanda cyane cyane abanyamujyi bamenyereye ko umugeni iyo yakoze ubukwe aba agomba kugenda mu modoka […]
Perezida Trump ashaka ko umuhora wa Hormuz umwitirirwa
Perezida wa leta zunze ubumwe za America ashaka ko umuhora wa Hormuz wahindurirwa izina ukamwitirirwa […]
Abakandida 53 bahataniye umwanya w’Umudepite uhagarariye urubyiruko
Kigali – 2 Nzeri 2026: Mu Cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Gasabo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, harateranira inteko itora mu matora yo gusimbura Umudepite uhagarariye urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, nyuma y’ubwegure bwa Icyitegetse Venuste.
“Agapfundikiye gatera amatsiko.”Mico The Best ku myambarire y’abakobwa b’I Kigali
Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwizwa amashusho y’abakobwa bivugwa ko bambaye batikwije, ndetse inzego z’umutekano […]
Abanyeshuri basubiyemo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe
Mu gihe abanyeshuri basaga 7,188 baketsweho gukopera ibizamini bya leta byo mu mwaka w’amashuri wa […]
