Urwego rushinzwe rushinzwe imisoro kubufatanye na Polisi yose ya muri Irlande batangaje ko bafashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 60 y’amavuko wari utwaye cocaine ifite agaciro k’amayero ibihumbi 500( asaga Milion 800Frw).
Month: September 2026
Umwami Edward Rukidi Kijanangoma yashimye abamwifurije ihirwe
Nyuma y’aho Edward Rukidi Kijanangoma, wahoze ari umunyamakuru kuri Televiziyo y’Igihugu ya Uganda, UBC TV, wanakoze kuri Televiziyo Rwanda atangajwe nk’Umwami mushya w’Ubwami bwa Tooro, yashimye abamwifurije ishya n’ihirwe mu kuyobora Tooro.
Hamenyekanye ibiciro bya iPhone nshya zigiye gushyirwa ku isoko
Hari hashize iminsi abakunda kugendana n’ibigezweho cyangwa ikoranabuhanga rigezweho bategerezanyije amatsiko menshi ibiciro by’ubwoko bushya bwa iPhone 18, iPhone 18 Pro Max na iPhone Duo none byashyize biratangazwa.
Lawrence Wong agiye kuba umuyobozi wa mbere uhembwa menshi ku Isi
Minisitiri w’Intebe wa Singapore, Lawrence Wong, agiye kongererwa umushahara ku kigero cya hafi 64%, bitume yinjiza miliyoni 3,6 z’Amadolari ya Singapore ku mwaka, angana na hafi miliyoni 2,8 z’Amadolari ya Amerika.
Kenya: Umugabo wo muri Tanzania yatawe muri yombi yigize umupadiri
Polisi yo muri Kenya mu gace kitwa Lodwar yataye muri yombi umugabo wo muri Tanzania wari umaze ibyumweru bitatu yarigize umupadiri ndetse akaba yari ari muri Katedral yaragijwe mutagatifu Austine.
MINEDUC yatangaje ibyavuye mu isuzuma mpuzamahanga rya PISA
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) kuri uyu wa Kabiri tariki 08 Nzeri 2026, yatangaje ku mugaragaro ibyavuye mu Isuzuma Mpuzamahanga ry’Abanyeshuri, PISA 2025, akaba ari ubwa mbere u Rwanda rwitabiriye iri suzuma.
Tanzania: Umugabo wa Perezida Samia Suluhu Hassan yashyinguwe
Nyuma y’amasaha make yitabye Imana, umugabo wa Perezida wa Tanzania, Hafidh Ameir Hassan, yashyinguwe mu gace kitwa i Kizimkazi mu Karere ka Unguja y’Amajyepfo, muri Zanzibar.
Bien Aime yanenze ibiri gukorerwa Abarundi muri Kenya
Umuhanzi wo muri Kenya, Bien Aime Sol yagaragaje ko adashyigikiye ihohoterwa riri gukorerwa Abarundi batuye muri Kenya babaziza ko bari gukora ubucuruzi buciriritse.
Perezida Kagame yageze muri Oman mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Oman, aho yakiriwe na Sultan Haitham bin Tariq mu ruzinduko rugamije gukomeza guteza imbere umubano hagati y’u Rwanda n’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Perezida Paul Kagame yihanganishije Perezida Samia Suluhu Hassan wapfushije umugabo
Abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko yababajwe n’urupfu rw’umugabo […]
