”Hari abifashishaga AI bakopeza abanyeshuri.” Dr. Murangira

RIB yerekanye abantu 39 muri 81 yafashe barimo abayobozi mu nzego z’ibanze, abashinzwe uburezi mu rwego rw’Akarere, n’urw’Umurenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abarimu bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukopeza abanyeshuri ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza.