Abakandida 53 bahataniye umwanya w’Umudepite uhagarariye urubyiruko

Kigali – 2 Nzeri 2026: Mu Cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Gasabo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, harateranira inteko itora mu matora yo gusimbura Umudepite uhagarariye urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, nyuma y’ubwegure bwa Icyitegetse Venuste.

“Agapfundikiye gatera amatsiko.”Mico The Best ku myambarire y’abakobwa b’I Kigali

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwizwa amashusho y’abakobwa bivugwa ko bambaye batikwije, ndetse inzego z’umutekano zikagaragara zibakumira kwinjira ahantu runaka ndetse hakaba n’abatabwa muri yombi. Ni ikibazo cyazamuye amarangamutima y’abakoresha imbuga nkoranyambaga, aho bamwe babishimye abanda barabinega. Gusa hari bamwe bagaragaje ko ibi bigiye gutuma badatandukanya umukobwa ufite indero nziza n’undi w’imico mibi (uwo bise […]

Abanyeshuri basubiyemo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe

Mu gihe abanyeshuri basaga 7,188 baketsweho gukopera ibizamini bya leta byo mu mwaka w’amashuri wa 2025/2027, kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2026, basubiyemo ikizamini cya leta, bamwe mu bana bahawe amahirwe yo gusubiramo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe kuko ngo ubundi bidasanzwe bibaho kuko uwagaragaweho gukopera ikizamini ahita asubizwa mu kiciro yari […]

Inzoga ya Kibamba yamuteye ubumuga bwa burundu

Mu gihe leta y’u Rwanda iri muri gahunda yo guca burundu inzoga zitujuje ubuziranenge, hari bamwe zari zaragizeho ingaruka ku buryo no kongera gusubira uko bahoze bigoranye. Muri abo harimo na Kimonyo Kevin utuye mu mudugudu wa Nyabyunyu, akagali ka Karama, umurenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro, kuri ubu afite ubumuga bwo kutabona ndetse […]

Kenya: Umuyobozi wa Kenya Airways yeguye

Nyuma y’imyigaragambyo yari imaze iminsi ikorwa n’abakozi bo mu rwego rutwara abagenzi mu ndege mu gihugu cya Kenya, umuyobozi w’agateganyo wa Kompanyi ya Kenya(Kenya Airways) akaba n’umuyobozi nshingwabikorwa wayo George Kamal yeguye kuri izo nshingano. Uyu muyobozi yeguye mu gihe kitageze ku mezi 10 ahawe izi nshingano, ndetse ahita atangaza ko uwari umuyobozi nshingwabikorwa wa […]