Bien Aime yanenze ibiri gukorerwa Abarundi muri Kenya

Umuhanzi wo muri Kenya, Bien Aime Sol yagaragaje ko adashyigikiye ihohoterwa riri gukorerwa Abarundi batuye muri Kenya babaziza ko bari gukora ubucuruzi buciriritse.
Perezida Kagame yageze muri Oman mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Oman, aho yakiriwe na Sultan Haitham bin Tariq mu ruzinduko rugamije gukomeza guteza imbere umubano hagati y’u Rwanda n’iki gihugu cyo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Perezida Paul Kagame yihanganishije Perezida Samia Suluhu Hassan wapfushije umugabo

Abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko yababajwe n’urupfu rw’umugabo wa Perezida Samia Suluhu Hassan, Hafidh Ameir Hassan, yihanganisha umuryango we ndetse n’abaturage ba Tanzania muri rusange. Yagize ati “Nihanganishije byimazeyo mushiki wanjye, Perezida Samia Suluhu Hassan, umuryango we n’abaturage ba Tanzania ku bw’urupfu rwa Nyakubahwa Hafidh Ameir Hassan.” Perezida […]
