”Hari abifashishaga AI bakopeza abanyeshuri.” Dr. Murangira

RIB yerekanye abantu 39 muri 81 yafashe barimo abayobozi mu nzego z’ibanze, abashinzwe uburezi mu rwego rw’Akarere, n’urw’Umurenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abarimu bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukopeza abanyeshuri ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza.
Abanyeshuri basubiyemo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe

Mu gihe abanyeshuri basaga 7,188 baketsweho gukopera ibizamini bya leta byo mu mwaka w’amashuri wa 2025/2027, kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2026, basubiyemo ikizamini cya leta, bamwe mu bana bahawe amahirwe yo gusubiramo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe kuko ngo ubundi bidasanzwe bibaho kuko uwagaragaweho gukopera ikizamini ahita asubizwa mu kiciro yari […]
