Nyuma y’aho Edward Rukidi Kijanangoma, wahoze ari umunyamakuru kuri Televiziyo y’Igihugu ya Uganda, UBC TV, wanakoze kuri Televiziyo Rwanda atangajwe nk’Umwami mushya w’Ubwami bwa Tooro, yashimye abamwifurije ishya n’ihirwe mu kuyobora Tooro.
Day: September 10, 2026
Hamenyekanye ibiciro bya iPhone nshya zigiye gushyirwa ku isoko
Hari hashize iminsi abakunda kugendana n’ibigezweho cyangwa ikoranabuhanga rigezweho bategerezanyije amatsiko menshi ibiciro by’ubwoko bushya bwa iPhone 18, iPhone 18 Pro Max na iPhone Duo none byashyize biratangazwa.
Lawrence Wong agiye kuba umuyobozi wa mbere uhembwa menshi ku Isi
Minisitiri w’Intebe wa Singapore, Lawrence Wong, agiye kongererwa umushahara ku kigero cya hafi 64%, bitume yinjiza miliyoni 3,6 z’Amadolari ya Singapore ku mwaka, angana na hafi miliyoni 2,8 z’Amadolari ya Amerika.
