Kigali: Abitabiriye igitaramo cya Rema bambaye bidasanzwe

Nyuma y’amabwiriza yashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bwa BK Arena ndetse n’inkundura y’imyambarire yari imaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga, abitabiriye igitaramo cyo kwita izina Concert benshi muri bo baje bambaye bikwije. Ku wa Gatanu tariki 04 Nzeri nibwo ubuyobozi bwa BK Arena bwasohoye itangazo rikangurira abazitabira igitaramo cyo kwita Izina concert cyatumiwemo umuhanzi wo muri Nigeria Rema, […]
MUSANZE: Abana 22 b’ingagi bahawe amazina

Mu Karere ka Musanze mu Kinigi, habereye umuhango wo Kwita Izina abana 22 b’ingagi mu gikorwa ngarukamwaka kiba buri kwezi kwa Cyenda kigamije kurengera urusobe rw’Ibinyabuzima. Minisitiri w’intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko uyu ari umunsi ukomeye ku Rwanda kuko wibutsa umutungo kamere rwahawe. Yagize ati”uyu ni umunsi ukomeye ku Rwanda kuko utwibutsa umutungo kamere […]
Shaddyboo yatashye nyuma y’amezi abiri yari amaze muri rehab

Shaddyboo yamaze gutaha nyuma y’amezi abiri yari amaze muri Isange Rehabilitation Centre i Huye, aho yari yaragiye gufashwa mu rugendo rwo kureka gukoresha ibiyobyabwenge. Umwe mu bakozi b’iki kigo yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko Shaddyboo yamaze kuhava, ariko ntiyagira byinshi atangaza ku byerekeye uko yatashye cyangwa gahunda yari yaragenewe. Amakuru yo gutaha kwe kandi […]
Miss Tessy yambitswe impeta

Kayitesi Pacifique wamamaye muri Cinema Nyarwanda nka Tessy yambitswe impeta n’umukunzi we Hubert bari bamaranye iminsi mu rukundo. Ni ibirori byabaye mu masaha yo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2026. Amakuru yo kuba Tessy Pacifique yambitswe impeta yamenyekanye biturutse ku mashusho inshuti za Tessy na Hubert zashyize ahagaragara. Tessy yamenyekanye cyane […]
Abantu bacitse ururondogoro kubera abageni bateze moto

Abanyarwanda cyane cyane abanyamujyi bamenyereye ko umugeni iyo yakoze ubukwe aba agomba kugenda mu modoka mu gihe ahabereye ibirori byo gusaba no gukwa atari hafi y’aho bagomba gusezeranira imbere y’Imana. Nyamara iryo tegeko cyangwa se ibyo bitekerezo uwabizanye ntiyari yahaye amafaranga bose. Kuba uri umugeni ntibivuze kwizamura ngo wishime aho utishyikira, ibi bikaba ari nabyo […]
Perezida Trump ashaka ko umuhora wa Hormuz umwitirirwa

Perezida wa leta zunze ubumwe za America ashaka ko umuhora wa Hormuz wahindurirwa izina ukamwitirirwa kuko kugeza ubu avuga ko uri mu maboko ya Amerika. Trump abona ko ibyiza ari uko uyu muhora usanzwe ufite izina rya Hormuz wahinduka ukitwa Trump strait. Trump ibi yabivuze ku wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026, nyuma y’imirwano […]
“Agapfundikiye gatera amatsiko.”Mico The Best ku myambarire y’abakobwa b’I Kigali

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwizwa amashusho y’abakobwa bivugwa ko bambaye batikwije, ndetse inzego z’umutekano zikagaragara zibakumira kwinjira ahantu runaka ndetse hakaba n’abatabwa muri yombi. Ni ikibazo cyazamuye amarangamutima y’abakoresha imbuga nkoranyambaga, aho bamwe babishimye abanda barabinega. Gusa hari bamwe bagaragaje ko ibi bigiye gutuma badatandukanya umukobwa ufite indero nziza n’undi w’imico mibi (uwo bise […]
Abanyeshuri basubiyemo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe

Mu gihe abanyeshuri basaga 7,188 baketsweho gukopera ibizamini bya leta byo mu mwaka w’amashuri wa 2025/2027, kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Nzeri 2026, basubiyemo ikizamini cya leta, bamwe mu bana bahawe amahirwe yo gusubiramo ikizamini cya leta barashima amahirwe bahawe kuko ngo ubundi bidasanzwe bibaho kuko uwagaragaweho gukopera ikizamini ahita asubizwa mu kiciro yari […]
Inzoga ya Kibamba yamuteye ubumuga bwa burundu

Mu gihe leta y’u Rwanda iri muri gahunda yo guca burundu inzoga zitujuje ubuziranenge, hari bamwe zari zaragizeho ingaruka ku buryo no kongera gusubira uko bahoze bigoranye. Muri abo harimo na Kimonyo Kevin utuye mu mudugudu wa Nyabyunyu, akagali ka Karama, umurenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro, kuri ubu afite ubumuga bwo kutabona ndetse […]
Kenya: Umuyobozi wa Kenya Airways yeguye

Nyuma y’imyigaragambyo yari imaze iminsi ikorwa n’abakozi bo mu rwego rutwara abagenzi mu ndege mu gihugu cya Kenya, umuyobozi w’agateganyo wa Kompanyi ya Kenya(Kenya Airways) akaba n’umuyobozi nshingwabikorwa wayo George Kamal yeguye kuri izo nshingano. Uyu muyobozi yeguye mu gihe kitageze ku mezi 10 ahawe izi nshingano, ndetse ahita atangaza ko uwari umuyobozi nshingwabikorwa wa […]
