Rwandan Farmers Question Maize Seed Quality After Poor Harvests

Evariste Tugirinshuti planted his maize expecting a harvest that would make the hard work worthwhile. Instead, two different seed varieties left him with far less maize than he had planned for.
Rwanda’s Economy Grows by 9.4% in Second Quarter of 2026

Rwanda’s economy grew by 9.4 per cent in the second quarter of 2026, according to new figures released by the Ministry of Finance and Economic Planning and the National Institute of Statistics of Rwanda (NISR).
Kenya: Umugabo wo muri Tanzania yatawe muri yombi yigize umupadiri
Polisi yo muri Kenya mu gace kitwa Lodwar yataye muri yombi umugabo wo muri Tanzania wari umaze ibyumweru bitatu yarigize umupadiri ndetse akaba yari ari muri Katedral yaragijwe mutagatifu Austine. Umugabo watawe muri yombi yigize umupadiri yitwa Jones Bogonko Onchonga, yaje muri ako gace ko muri Kenya avuga ko aturutse muri Tanzania akaba yari aje […]
Ingano ya Mugo yasanzwe mu mubiri wa Yvanny Mpano yamenyekenye

Mutangana Yves uzwi nka Yvanny Mpano ufite ijwi rihogoza benshi by’umwihariko abinyujije mu ndirimbo z’urukundo ahanga, yasabiwe gufungwa iminsi 30 yagateganyo nyuma y’uko bigaragaye ko ibiyobyabwenge yafataga byamubanye binshi mu mubiri.
Ishimwe Vestine yasobanuye impamvu yasabye gatanya

Nyuma y’iminsi itari mike binugwanugwa ko Ishimwe Vestine n’Umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo batandukanye ndetse bari munzira zo gusaba ubutane mu mategeko, Vestine yemeje ko yasabye gatanya.
Umugabo yafatanywe Cocaine yari yahishe muri bonbon

Urwego rushinzwe rushinzwe imisoro kubufatanye na Polisi yose ya muri Irlande batangaje ko bafashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 60 y’amavuko wari utwaye cocaine ifite agaciro k’amayero ibihumbi 500( asaga Milion 800Frw).
Umwami Edward Rukidi Kijanangoma yashimye abamwifurije ihirwe

Nyuma y’aho Edward Rukidi Kijanangoma, wahoze ari umunyamakuru kuri Televiziyo y’Igihugu ya Uganda, UBC TV, wanakoze kuri Televiziyo Rwanda atangajwe nk’Umwami mushya w’Ubwami bwa Tooro, yashimye abamwifurije ishya n’ihirwe mu kuyobora Tooro.
Hamenyekanye ibiciro bya iPhone nshya zigiye gushyirwa ku isoko

Hari hashize iminsi abakunda kugendana n’ibigezweho cyangwa ikoranabuhanga rigezweho bategerezanyije amatsiko menshi ibiciro by’ubwoko bushya bwa iPhone 18, iPhone 18 Pro Max na iPhone Duo none byashyize biratangazwa.
Lawrence Wong agiye kuba umuyobozi wa mbere uhembwa menshi ku Isi

Minisitiri w’Intebe wa Singapore, Lawrence Wong, agiye kongererwa umushahara ku kigero cya hafi 64%, bitume yinjiza miliyoni 3,6 z’Amadolari ya Singapore ku mwaka, angana na hafi miliyoni 2,8 z’Amadolari ya Amerika.
Kenya: Umugabo wo muri Tanzania yatawe muri yombi yigize umupadiri

Polisi yo muri Kenya mu gace kitwa Lodwar yataye muri yombi umugabo wo muri Tanzania wari umaze ibyumweru bitatu yarigize umupadiri ndetse akaba yari ari muri Katedral yaragijwe mutagatifu Austine.
